Ubutumwa : 60-1205 Igisekuru cy’Itorero rya Efeso
All posts by admin5
23-0423 Iyerekwa ry’i Patimo
Pesan: 60-1204E Penglihatan di Patmos
23-0319 Gutoranywa k’Umugeni
Ubutumwa : 65-0429E Gutoranywa k’Umugeni
Mukundwa Umwe muri Miliyoni
Nagutegereje kuva kera. Uri umukunzi wanjye mukundwa kandi ndagukunda cyane. Nkuko nabigusezeranije, maze igihe ndimo ntunganya Urugo rushya aho Tuzaba hamwe aho mw’Iteka. Buri kintu cyose nagiteguye neza nkuko ugikunda.
Ubu nshobora kukureba maze nkabona, uri ukugaragazwa Kwanjye. Ufite imico Yanjye neza neza, uri akara Kanjye, amagufa Yanjye, Umwuka Wanjye umwe, buri kintu cyose Cyanjye, neza neza nkuko bimeze. Wahindutse umwe Nanjye
Nohereje marayika wanjye ukomeye ku isi kugira ngo aguhamagare agusohore muri Edeni ya Satani. Naramwohereje kugira ngo agaragaze ibitekerezo Byanjye, Ibingize, kandi kugira ngo akubwire ibigomba kuzaba. Nakoresheje akanwa ke n’ijwi rye kugira ngo mbigaragaze. Nyuma y’uko amaze kubivuga, Nanjye nkabisohoza, kubera ko Ijuru n’isi bizashiraho, ariko Ijambo Ryanjye ntabwo rizigera rinanirwa na rimwe.
Nari mbizi ko igihe munyumvise Mvuga, nkoresheje ijwi rya marayika Wanjye, mushobora kumenya imbere mundiba z’umutima, y’uko atari we, ko ari Njye Warimo uvugana namwe. Ko ari Njye Warimo uboherereza urwandiko rw’urukundo, narabatoranije kugira ngo mube Umugeni Wanjye mukundwa.
Mu maso yanjye, nta muntu umeze nkawe. Nta n’umuntu wafata umwanya wawe.Wakomeje kuba umwizerwa kuri Njye. Igihe ndebye kuri wowe, Umutima Wanjye wuzura umunezero
Mugihe nakubwiye nti, mukundwa itondere cyane, ibyo utega amatwi, hari abasigwa benshi bazaza bakoresha Amagambo Yanjye, ariko ni abanyabinyoma. Wasobanukiwe umuburo Wanjye binyuze mu Guhishurirwa kandi ukomeza kuba umwizerwa ku Ijwi Ryanjye
Narishimye cyane igihe wasengaga cyane usengera iryo torero usengeramo. Nakubwiye gukora amahitamo akwiye, maze nguha ingero z’itorero ritunganye iryo ari ryo. Wibutse igihe nakubwiye ko bose buzura imyuka, maze utoranya itorero ritunganye.
Ndetse nanakubwiye ko ugomba kwitondera cyane pasteri wawe uwo ariwe. Noneho washobora kwibaza ukuntu umutima Wanjye wasabwe n’umunezero igihe nabonye ugumanye n’umupasiteri nohereje kugira ngo akuzane kuri Njye. Wamenye ko ari Umwuka Wera uba mu muhanuzi Wanjye kugira ngo akuyobore kuri Njye.
Ndibuka umunsi wari wishimye cyane, ndetse unezerewe cyane, igihe nazamuye marayika Wanjye ahirengeye kugira ngo Mwereke imbanziriza yanyu. Twari duhagaze aho turimo tubitegereza murimo mutambuka mu karasisi k’injyana ya Mukomeze imbere Ngabo za Kristo muri aho imbere yacu
Yakunze uburyo mwese mwari mwambaye imyambaro ya buri gihugu mwaje muturukamo; nko mu Busuwisi, Ubudage, ndetse no guturuka aho hantu hose ku isi. Buri umwe wese yari afite umusatsi muremure utunganijwe neza. Amajipo yanyu yaramanutse kugera hasi. Narishimye cyangwa kandi nshimishwa no kubamwereka mwese, rero yashoboraga kugaruka kandi akabatera umwete nuko akababwira ko yababonye Hariya.
Buri jisho ryari kuri Twe. ighe abakobwa bake, bari aho inyuma mu murongo, batangiye kureba hirya no hino, yarasakuje cyane, “Ntubikore! Ntuve mu murongo!”
Igihe nakubwiye ko ndimo guhunika Ibyokurya byo uzarya, wamenye neza icyo narimo mvuga. Washakaga kuba Umwari Mugeni Jambo. Sinigeze narimwe ngufata na rimwe uri mu gakungu n’undi uwo ari wese. Igihe cyose yari Njye, Ijambo Ryanjye. Ibyo byanteye kwishima cyane.
Narabatoranije, Mwe, kugira ngo mube Umugeni Wanjye. Ndagukunda cyane, kimwe n’uko unkunda. Ntugacike intege, ugire umwete, wishime, unezerwe, umunsi uregereje vuba ubwo nzaza iwanyu. Mbega ibihe byiza Tuzagira.
Ku basigaye bo muri mwe, MWIHANE, isi irimo iranyeganyega. Umunsi umwe Los Angeles izaba iri aho ku ndiba y’inyanja, nkuko nababwiye ko ari uko bizaba biri. Umujinya wanjye urimo uratogotera munsi yayo. Ntabwo nzakomeza gufata uriya mucanga igihe kirekire. Uzanyerera mu nyanja ku bujyakuzimu bw’ikirometero n’igice kirenga, ugende ugere mu nyanja ya Salton. Bizaba bibi cyane kurusha iminsi ya Pompeii.
Ngiye kweza iy’isi n’umuriro vuba aha. Nzica buri kintu cyose kuri yo ndetse no munsi yayo. Murabona ibirimo kuba hirya no hino ku isi, neza neza nkuko nababwiye. Murabona Umugeni Wanjye arimo yiyunga ku Ijambo Ryanjye, neza neza nkuko nababwiye.
Noneho ubu nicyo gihe. Ubu niwo mwanya. Itegure!
Isaha y’umujinya Wayo iri ku isi. Muhunge mu gihe hari igihe cyo guhunga, kandi muze kuri Kristo.
Mutumiwe kuza kwifatanya natwe, igice cy’Umugeni We, mugihe twitegura kubwo Kuza Kwe, mugihe twumva Ijwi ry’Imana rivugana natwe maze rikatuzanira Ubutumwa. Gutoranywa k’Umugeni 65-0429E kuri iki Cyumweru I Saa Sita z’Amanywa, ku isaha y’I Jeffersonville.
Mwene Data Joseph Branham
23-0822E Akayunguruzo k’umuntu Utekereza
Mukundwa Torero rya Mwene Data Branham,
Ndashaka gutumira isi ngo yifatanye natwe kuri iki cyumweru saa 12h00 z’amanywa, isaha y’i Jeffersonville, mugihe twe Ibizu duteranira hamwe kuri buri birometero kare maganatanu muri rimwe mu matorero y’umuhanuzi. Turibwumve Imana ivuga Inyuriye mu ntumwa yayo malayika karindwi maze itubwire:
Ubu butumwa, hamwe nubundi butumwa bwose mvuga, bureba itorero ryanjye. Ntabwo ari itorero ryanyu keretse bashaka kubyakira. Ariko burareba aba bantu hano.
Ari Kuvugana natwe, ICYUBAHIRO KIBE ICYAYO, twe torero rye. Ntabwo ari wowe uvuga ngo, “Mwene data Branham ni umuhanuzi, ariko ntabwo ari pasteri wanjye. Pasiteri wacu avuga ko gucuranga kaseti mu rusengero bidakurikije Ijambo ry’uyu munsi. ” “Pasiteri wacu atubwira ko tugomba kumwumva. Dukurikije Ijambo, ubu ari kutuyoboresha Umwuka Wera. ”
Umuhanuzi aravugana nawe hamwe na pasiteri wawe.
Ku babwiriza abo ari bo bose aho ariho hose, igihe icyo ari cyo cyose, ibi ntabwo bigamije gutesha agaciro inyigisho zawe, ibi ntibireba n’intama zawe.
Ntabwo dushaka kugirana impaka namwe bene data na bashiki bacu. Dusobanukiwe ko, ibi ntabwo ari mwe bigenewe, ahubwo ni twe, twemera ko Umwuka Wera yashyize intumwa Yayo marayika wa karindwi kutubera pasteri kandi akatuyobora, Itorero Rye. Twizera ko gucuranga kaseti ariyo NZIRA Y’UKURI YONYINE. Muratunganye kandi muri gukora ibyo umuhanuzi yababwiye gukora:
Kandi buri gihe niko mbibabwira , iyo ari abayoboke b’itorero runaka, nti “Urebe pasteri wawe.”
Ugomba gukora nkuko pasiteri wawe abivuga.
Noneho umuhanuzi abwira indi nshuro pasiteri wawe, kugirango abe ahamirijwe ko asobanukiwe.
Noneho, pasiteri, ndashaka ko umenya ko, ko, ibi ari itorero ryanjye gusa ndimo mbwira ibi bintu. Kandi mfite uburenganzira bwo gukor ibyo, kubera ko nashyizweho n’Umwuka Wera kurinda izi ntama.
Yoherejwe kuturinda, intama ze; abo Imana yamuhaye KWITAHO. Umwuka Wera niwe mushumba wacu nkuko Atuvugisha kandi Akatuyobora buri munsi binyuze mu Ijwi Rye ryahamirijwe.
Ibi nibyo Uwiteka atuyoboye gukora. Ntabwo turwanya mwebwe cyangwa umushumba wanyu, cyangwa uko wumva uyobowe n’ Umwami gukora. Umuntu wese agomba gukora nkuko yumva Umwami amuyobora gukora bakurikije Ijambo.
Dufite akayunguruzo kamwe, UBU BUTUMWA. Ibintu byose twumva bigomba kunyura muri ako kayunguruzo. Ijwi twumva ku makaseti niryo ijwi ryonyine dufitemo ibyiringiro 100% ryo kuba ari uku niko Uwiteka avuze.
Wizera ko gusigwa kuri kurabo bantu ari ugusigwa k’Umwuka Wera? ” Nibyo, mugabo, Umwuka Wera w’Imana w’ukuri uri ku muntu, kandi nyamara ari mu binyoma.
Aho tugana iteka hashingiye kubyo YAVUZE KURI KASETI, ntabwo aribyo undi muntu cyangwa itsinda ryabandi bantu bavuga. Kubw’ibyo, ntidushobora, kandi ntituzigera twumva undi wese. Nigute undi wese yabona uburyo?
Ngwino uterane hamwe natwe cyane cyane uko mubona umunsi wegera.
Abantu bashobora kwicara mumazu yabo cyangwa… bagateranira aho iwabo, mumatorero yabo, n’ahandi, bagakurikira amateraniro.
Ibyo, nshuti zanjye, dukurikije umuhanuzi w’Imana, atari ibisobanuro by’abantu bamwe basobanura ibyo Bibiliya ivuga, ni guteranira hamwe tuzenguretse Ijambo cyane cyane uko tubona uriya munsi wegera.
Ubwato butagira Imana ni iki kiza bumaze? Nigisanduku cyibiti gusa,ibisate bibiri by’amabuye .
Ngwino uterane hamwe natwe mugihe twumva akayunguruzo Imana yatanze, mu gihe ituzanira Ubutumwa: Akayunguruzo k’umuntu Utekereza 65-0822E.
Bro. Joseph Branham
Reba Icyo urimo urwanira. Reba icyo urimo gukora hano. Reba igituma ujya mu rusengero. Niki kigutera … Nibyiza kujya mu rusengero, ariko ntukajye mu rusengero gusa; ibyo ntibizagukiza.
23-0219 Kristo Uhishuwe mu Ijambo Rye
23-0212 Kandi Ntabwo Ubizi
Ubutumwa : 65-0815 Kandi Ntabwo Ubizi
23-0205 Ibibaho byagaragajwe neza N’Ubuhanuzi
Ubutumwa : 65-0801E – Ibibaho byagaragajwe neza N’Ubuhanuzi
23-0129 Imana y’iki Gisekuru Kibi
Ubutumwa : Imana y’iki Gisekuru Kibi 65-0801M
23-0122 Ni Ukuhe Gukurura kuri Ku Musozi?
Ubutumwa : 65-0725E Ni Ukuhe Gukurura kuri Ku Musozi?
23-0115 Abasizwe Bo Mu Gihe cyanyuma
Ubutumwa : 65-0725M Abasizwe Bo Mu Gihe cyanyuma