Lord Jesus Christ and the angels to the Seven Church Ages

BRANHAM TABERNACLE SERVICES (Kinyarwanda)

Intego nyamukuru y’urubuga rwa Sierra Vista Fellowship ni ugusangiza izindi ndimi n’izishamikiyeho inzandiko n’amateraniro ya Branham Tabernacle y’I Jeffersonville muri Indiana aho Mwene Data Joseph Branham ari pasteri. Dukorana n’inama y’abadikoni ya Branham Tabernacle. Niba ufite ikibazo icyo aricyo cyose cyangwa icyo utekereza wakwandikira umudiyakoni, Mwene Data Jeremy Evans kuri [email protected]

Ubusobanuro bukoreweho(live) bushobora kuba budatunganye neza bukaba ntabwingire kuri byo. Imirimo yose ni ubukorerabushake. Nta mafaranga yakiriwe cyangwa ngo habe kugurana servisi. Aba bene Data na bashiki bacu bakora ubudacogora, badategereje ibihembo, kubwawe, Mugeni wa Kristo. Ni abakozi bakorera hamwe mu bumwe n’Ijambo. Twifuza cyane amasengesho yawe kubwabo no kubwacu ndetse cyane kurushaho kubwa mwene Data w’igiciro Joseph Branham n’umuryango we.

amateraniro ari ku rutonde rukurikije amatariki hasi, niba byarahinduwe mu rurimi rwanyu. Igihe nta musobanuzi w’ako kanya uhari, ubusobanuro bwa Voice of God Recodings burakoreshwa.

An Independent Church of the WORD,